U Rwanda rwasabye Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu [AfCHPR] kwemeza ko ikirego cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo kirushinja kuvogera ubusugire bwayo ndetse no guhungabanya ...
Abatuye mu Ntara y’Amajyepfo barasaba ko bafashwa kubona amarimbi hafi y'aho batuye, ndetse n’aho yashyizwe hagashakwa uburyo ...
Abafite amavuriro yigenga mu Rwanda, bavuze ko bakwemererwa kugirana amasezerano yihariye y'ibiciro ku bakiriya babagana b'amikoro menshi, bifuza serivisi zirenze iziteganyijwe mu zo bemerewe gutanga, ...
Komiseri mu Muryango FPR Inkotanyi, Tito Rutaremara yasabye abanyamuryango n’Abanyarwanda muri rusange kutarangazwa cyangwa ngo baterwe ubwoba n'ibibera mu Burasirazuba bwa Congo, ngo bibabuze gukora ...
Abarwayi n’abarwaza mu Bitaro Bikuru bya Ruhengeri, bashimye abagira umwanya wo kubasura, kuko bibahumuriza bikanafasha ab'amikoro make. Babivuze kuri iki Cyumweru tariki 9 Gashyantare 2025, ubwo ...
Kuri uyu wa Gatanu i Dar-Salaam muri Tanzania, harateraniye inama y’Abaminisitiri bafite mu nshingano Ububanyi n’Amahanga bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC n’uw’ibihugu byo ...
Abahanzi barimo Beyoncé na Kendrick Lamar, bari mu bitwaye neza mu bihembo bya Grammy Awards byatanzwe ku nshuro ya 67 mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, mu birori byabereye i Los Angeles muri Leta ya ...
Mu Mujyi wa Kigali hamaze gushyirwaho parking umunanira zagenewe abamotari bahagarara bategereje abagenzi, bakahahagurukira ndetse bakanahaparika mu gihe bagiye kururutsa abagenzi. Iyi gahunda ...
I Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo, haramukiye imyigaragambyo y’abaturage bo muri uyu Mujyi n’abo muri Sosiyete Sivile, bamagana Perezida wa RDC, Félix Antoine Tshisekedi bamusaba ...
Minisiteri y'Ubuzima ivuga ko mu gihe cy'imyaka 5 iri imbere, ibigo nderabuzima 510 byo mu Rwanda bizaba byarahawe abaganga bo ku rwego rwa Dogiteri muri serivisi zitandukanye, kugira ngo bifashe ...
U Rwanda rwamaganiye kure ibirego bishinja Ingabo z’u Rwanda nk’uko bigaragara mu itangazo ry’inama idasanzwe yahuje abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y ...
Seninga Innocent yagizwe umutoza wa Etincelles FC mu gihe gisigaye ngo umwaka w'imikino wa 2024/25 ugere ku musozo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 4 Gashyantare 2025 ni bwo Seninga ...